Uyu wa mbere tariki za 26-03-2012, kuri kiliziya ya Mutagatifu Mikayire habereye umuhuro dukunze kwita Annonce, akaba yari inshuro ya kabiri kuko iheruka kubera ku kiliziya y'Umuryango Mutagatifu.
Insanganyamatsiko y'a annonce ya mbere ikaba yari ukutwibutsa kwitegura igisibo n'uburyo bwiza bwo gusiba, aho twibukijwe ko imigenzo myiza iranga usiba ari: Gusenga, Gusiba kurya no Gutanga imfashanyo.By'akarusho ariko uyu wa mbere bwo si ukwibutsa kwitegura igisibo nka mbere ahubwo ni ukwitegura Pasika nyir'izina.
Inzira ya Newokatekumena Mu Rwanda
27 mars 2012
1 févr. 2012
Bavandimwe !
Muzamenyeraho amavu n'amavuko ndetse n'ibihe by'ingenzi byayiranze, cg se biyiranga kugeza magingo aya.
Tugarutse hejuru gato,
impamvu atari igisubizo nyacyo ni uko mu by'ukuri ntawe ushobora gusobanukirwa inzira atayirimo cyangwa se atayigendamo. Ikindi mbabajije akabazo k'amatsiko nti inzira ijya i Burayi murayizi?
Inscription à :
Articles (Atom)