Papa asuhuza Kiko(hagati) na Carme(hino) |
Kiko yagize ati niba hari ibintu bikomeye kandi bifite agaciro mu Nzira kandi bituma habaho ukwemera gukuze ni uko hariho imiryango ijya mu butumwa.
Hafi imiryango isaga 1000 yoherejwe mu butumwa, uyu munsi Nyirubutungane Papa yohereje nanone igera ku bihumbi 17, bakazagenda bakagera kure nko mu miryango y'abasangwabutaka ba Australia, Papuasi na nouvelizelandi; ndetse no mu miryango isobanutse yo mu Bulayi.
Akomeza kandi avuga ko ubu butumwa bugaragaza Kiliziya bundi bushya, agira ati:" abantu benshi muri iki gihe kandi bitwa ko bize, ntibakijya mu kiliziya, cyangwo mu nsengero, nta nubwo ubona bibashishikaje. Ariko iyo babonye abantu bakeya b'abakirisitu bakundana, bameranye neza hagati yabo, birabashimisha kandi bikabatera kwibaza kuri ubu buzima bwabo.
Dufite ubumenyi bwinshi ku bantu muri iki gihe badusaba ko bagira imihango yo kubatizwa mu buryo tubikoramo, ( biracyaza )
Aucun commentaire:
Enregistrer un commentaire